2/11/2013

Mu mateka y'isi Papa areguye!

Papa Benedicto avuga ujambo ry'uko ashaka kwegura

Mu gihe byari bimenyerewe ko Ababaye abashumba ba Kiliziya Gatolika,bavaho bashaje cyangwa se batabarutse,umushumba wa kiliziya Gatolika,papa Benedicto wa 16 kuri uyu wa mbere yatangaje ko azasezera ku mabanga ye y'umushumba mukuru wa kiliziya mu mpera z'ukwezi kwa kabiri.