6/29/2011

Umugabo Sine Calixte yasambanyije ku ngufu abana be 2 b’abakobwa, umwe wiga muri Primaire undi muri Secondaire-i Nyanza


Mu mudugudu wa Gahanda, akagali ka Rwesero mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza, umugabo witwa Sine Callixte aherutse gusambanya abana be b’abakobwa babiri.

Aba bana bombi umwe afite imyaka 17 akaba yigaga mu mwaka wa gatanu mu mashuri abanza. Undi we wari ufite imyaka 18.

Mu gihe ibyaye ikiboze ikirigata,uyu mubyeyi arasabira abo yibyariye Guhuhurwa kuko bavutse bafatanye imitwe n,umwijima!


Impanga z’abakobwa zavuzwe cyane mu bitangazamakuru zo mu Buhinde zamamaye kubera kuvuka zifatanye ari zo Saba na Farah Shakeel zirigusabirwa na se uzibyara gupfa kubera kubabazwa n’agahinda zimutera zitaka.Aba bakobwa ubu bujuje imyaka 15.

Lu Hao, umwana munini cyane bikabije, ku myaka 3 apima ibiro 60


Lu Hao ibumoso,ateruwe iburyo
Ku myaka itatu gusa , uyu mwana wo mu Bushinwa afite ibiro bikubye abo bangana. Ikibazo cyibazwa ku babyeyi b’uyu mwana Lu Hao, ni uko bo badashoboye kugira icyo bakora kugira ngo uyu mwana ibiro bye bigabanuke.