9/08/2011

yagurishije 20% bya zahabu yose yari ibitswe mu gihugu cye







Mu gihe igihugu cya Libiya gikomeje kuba mu ntambara hagenda hagaragara impinduka mu bintu byinshi binyuranye, by’umwihariko ubukungu bwarahazahariye bidasubirwaho gusa igikomeje kuvugwa ubu ni zahabu yari ibitswe n’iki gihugu igera kuri 20% bivugwa ko yagurishijwe na Kadhafi mu minsi ya nyuma ari ku butegetsi.