10/25/2011

Koloneri Gaddafi yashyinguwe mu ibanga

mu ifoto umurambo wa Kadaffi n'umuhungu we.
Umurambo wa Koloneri Gaddafi washyinguwe ahantu hatazwi mu butayu bwa Libya.
Nyuma y'urupfu rwe ku wa kane azize ibikomere yatewe n’amasasu yarashwe n’abamurwanyank'uko byanemejwe n’ubuyobozi bw’akanama k’inzibacyuho ka Libiya (CNT),
Ababayobozi noneho baravuga ko Gaddafi yashyinguwe mu rukerera rw'uyu wa kabiri mu butayu bwa Libye ahantu hatazwi.

10/11/2011

Dr Jean Damascene Ntawukuriryayo: Kuva mu buganga kugera ku buyobozi bwa Sena

Dr. Ntawukuriryayo J.Damascene
Incabwenge mu by’imiti, umwalimu, umuminisitiri, umudepite...none Perezida wa Sena. Urugendo rwa Dr Jean Damascene Ntawukuriryayo muri Politiki ni rurerure.

10/09/2011

NUR:Umurambo w'umwana watoraguwe mu Bwiherero!


Mu gihe hari hashize igihe nta makuru y'imfu z'abana zumvikana mu karere ka Huye, kuri uyu wa 09 Ukwakira,muri rimwe mu macumbi y'abakobwa rizwi ku izina rya Nyarutarama yo muri kaminuza Nkuru y'u Rwanda, hatoraguwe umurambo w'uruhinja rwajugunye mu bwiherero nyuma yo kuvuka!

10/07/2011

USA presidents

Barrack Obama USA president


USA, le geant du monde a pour le moment quarante quatre presidents qui se sont succedes au siege de white house dont Barrack OBAMA pour le moment au pouvoir! Ici vous pouvez suivre la liste de ces presidents:

Peresida Kagame yahinduye bamwe mu bayobozi!


Perezida w'u Rwanda Paul Kagame yahinduye bamwe mu bayobozi bakuru b'igihugu barimo Minisitiri w'intebe, Umuvunyi mukuru, n'icyegera cy'umukuru w'inama nshingamategeko.

9/08/2011

yagurishije 20% bya zahabu yose yari ibitswe mu gihugu cye







Mu gihe igihugu cya Libiya gikomeje kuba mu ntambara hagenda hagaragara impinduka mu bintu byinshi binyuranye, by’umwihariko ubukungu bwarahazahariye bidasubirwaho gusa igikomeje kuvugwa ubu ni zahabu yari ibitswe n’iki gihugu igera kuri 20% bivugwa ko yagurishijwe na Kadhafi mu minsi ya nyuma ari ku butegetsi.

9/05/2011

RWANDA:URUBANZA RWA VICTOIRE INGABIRE RWONGEYE GUSUBIKWA


Ingabire n'umuburanira

Kuri uyu wa mbere tariki ya 05/09/2011  i Kigali mu Rwanda urubanza rwa Victoire Ingabire, umukuru w'ishyaka FDU inkingi ritavuga rumwe n'ubutegetsi rwongeye gusubikwa nyuma yo kongera gusubukurwa.

8/17/2011

Leta y'Ubuhinde iranenga Anna Hazare

Abantu bagera ku 3000 bashyigikiye impirimbanyi irwanya ruswa mu Buhinde, Anna Hazare, bateraniye hanze y'uburoko afungiyemo guhera ejo mu mujyi wa Delhi.

Abashyigikiye Anna Hazar
Anna Hazare ubusanze akabaYaranze gusohoka mu munyururu ngo kereka ubutegetsi bumuretse agakora imyigaragambyo yo kwiyicisha inzara nkuko yari yabiteganije.

7/31/2011

Katonda Yesu!


Uruzinduko rwa Museveni mu Rwanda ?


Nyuma y'igihe barebana amaso y'ingwe, ubu noneho Perezida Museveni wa Uganda kuri uyu wa gatanu yatangiye uruzinduko rw’iminsi ine mu Rwanda aho azaganira na Mugenzi we Paul Kagame w’Urwanda  mu rwego rwo gusuzuma amasezerano y’ubufatanye hagati y’ibihugu byombi nkuko yemejwe n’inama ihuriweho n’intumwa z’ibihugu byombi ejo ku mugoroba.

Libya: Iraswa ry'Umugaba w'ingabo z'inyeshyamba !


Mu gihe urugamba rwo kurwanya Mouanar Guadaffi bikomeje,umugaba w'ingabo z'inyeshyamba,Jenerali Abdel Fattah Younes yarashwe n'abitwaje ibirwanisho ahita apfa.

7/06/2011

Administrative, financial duties not for Doctors – Binagwaho By Maria Kaitesi

BUGESERA - The Minister of Health, Dr Agnes Binangwaho, yesterday, stressed that doctors should keep off administrative and financial issues at their respective medical facilities.

She stated that doctors’ responsibility should be patients’ health and not signing cheques or handling day-to-day management of hospitals.

6/29/2011

Umugabo Sine Calixte yasambanyije ku ngufu abana be 2 b’abakobwa, umwe wiga muri Primaire undi muri Secondaire-i Nyanza


Mu mudugudu wa Gahanda, akagali ka Rwesero mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza, umugabo witwa Sine Callixte aherutse gusambanya abana be b’abakobwa babiri.

Aba bana bombi umwe afite imyaka 17 akaba yigaga mu mwaka wa gatanu mu mashuri abanza. Undi we wari ufite imyaka 18.

Mu gihe ibyaye ikiboze ikirigata,uyu mubyeyi arasabira abo yibyariye Guhuhurwa kuko bavutse bafatanye imitwe n,umwijima!


Impanga z’abakobwa zavuzwe cyane mu bitangazamakuru zo mu Buhinde zamamaye kubera kuvuka zifatanye ari zo Saba na Farah Shakeel zirigusabirwa na se uzibyara gupfa kubera kubabazwa n’agahinda zimutera zitaka.Aba bakobwa ubu bujuje imyaka 15.

Lu Hao, umwana munini cyane bikabije, ku myaka 3 apima ibiro 60


Lu Hao ibumoso,ateruwe iburyo
Ku myaka itatu gusa , uyu mwana wo mu Bushinwa afite ibiro bikubye abo bangana. Ikibazo cyibazwa ku babyeyi b’uyu mwana Lu Hao, ni uko bo badashoboye kugira icyo bakora kugira ngo uyu mwana ibiro bye bigabanuke.