Nigeria:Umutwe w'intagondwa za Islam uratangaza ko ibitero byivuganye abakirisitu 37 ku munsiwa noheri byagabwe n'umutwe wa Boko Haram mu rwego rwo kwihorera abaislam baherutse kwicirwa mu burasirazuba bw'icyo gihugu.
Mu gihe hamaze iminsi havugwa ibitari bimwe ku waba yarahanuye indege y'uwari perezida w'u Rwanda Juvenal Habyarimana ndetse na mugenzi we Perezida w'u Burundi, nyuma y'ubushakashatsi bwakozwe n'umutwe w'impuguke za abafaransa,u Rwanda ruratangaza ko nta rujijo rwakagombye kuba ku waba yarahanuye indege ya Habyarimana.
Umurambo wa Koloneri Gaddafi washyinguwe ahantu hatazwi mu butayu bwa Libya.
Nyuma y'urupfu rwe ku wa kane azize ibikomere yatewe n’amasasu yarashwe n’abamurwanyank'uko byanemejwe n’ubuyobozi bw’akanama k’inzibacyuho ka Libiya (CNT),
Ababayobozi noneho baravuga ko Gaddafi yashyinguwe mu rukerera rw'uyu wa kabiri mu butayu bwa Libye ahantu hatazwi.
Incabwenge mu by’imiti, umwalimu, umuminisitiri, umudepite...none Perezida wa Sena. Urugendo rwa Dr Jean Damascene Ntawukuriryayo muri Politiki ni rurerure.
Mu gihe hari hashize igihe nta makuru y'imfu z'abana zumvikana mu karere ka Huye, kuri uyu wa 09 Ukwakira,muri rimwe mu macumbi y'abakobwa rizwi ku izina rya Nyarutarama yo muri kaminuza Nkuru y'u Rwanda, hatoraguwe umurambo w'uruhinja rwajugunye mu bwiherero nyuma yo kuvuka!
USA, le geant du monde a pour le moment quarante quatre presidents qui se sont succedes au siege de white house dont Barrack OBAMA pour le moment au pouvoir! Ici vous pouvez suivre la liste de ces presidents:
Mu gihe igihugu cya Libiya gikomeje kuba mu ntambara hagenda hagaragara impinduka mu bintu byinshi binyuranye, by’umwihariko ubukungu bwarahazahariye bidasubirwaho gusa igikomeje kuvugwa ubu ni zahabu yari ibitswe n’iki gihugu igera kuri 20% bivugwa ko yagurishijwe na Kadhafi mu minsi ya nyuma ari ku butegetsi.
Kuri uyu wa mbere tariki ya 05/09/2011 i Kigali mu Rwanda urubanza rwa Victoire Ingabire, umukuru w'ishyaka FDU inkingi ritavuga rumwe n'ubutegetsi rwongeye gusubikwa nyuma yo kongera gusubukurwa.
Abantu bagera ku 3000 bashyigikiye impirimbanyi irwanya ruswa mu Buhinde, Anna Hazare, bateraniye hanze y'uburoko afungiyemo guhera ejo mu mujyi wa Delhi.
Abashyigikiye Anna Hazar
Anna Hazare ubusanze akabaYaranze gusohoka mu munyururu ngo kereka ubutegetsi bumuretse agakora imyigaragambyo yo kwiyicisha inzara nkuko yari yabiteganije.
Nyuma y'igihe barebana amaso y'ingwe, ubu noneho Perezida Museveni wa Uganda kuri uyu wa gatanu yatangiye uruzinduko rw’iminsi ine mu Rwanda aho azaganira na Mugenzi we Paul Kagame w’Urwanda mu rwego rwo gusuzuma amasezerano y’ubufatanye hagati y’ibihugu byombi nkuko yemejwe n’inama ihuriweho n’intumwa z’ibihugu byombi ejo ku mugoroba.
BUGESERA - The Minister of Health, Dr Agnes Binangwaho, yesterday, stressed that doctors should keep off administrative and financial issues at their respective medical facilities.
She stated that doctors’ responsibility should be patients’ health and not signing cheques or handling day-to-day management of hospitals.
Mu mudugudu wa Gahanda, akagali ka Rwesero mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza, umugabo witwa Sine Callixte aherutse gusambanya abana be b’abakobwa babiri.
Aba bana bombi umwe afite imyaka 17 akaba yigaga mu mwaka wa gatanu mu mashuri abanza. Undi we wari ufite imyaka 18.