Incabwenge mu by’imiti, umwalimu, umuminisitiri, umudepite...none Perezida wa Sena. Urugendo rwa Dr Jean Damascene Ntawukuriryayo muri Politiki ni rurerure.
Mu gihe hari hashize igihe nta makuru y'imfu z'abana zumvikana mu karere ka Huye, kuri uyu wa 09 Ukwakira,muri rimwe mu macumbi y'abakobwa rizwi ku izina rya Nyarutarama yo muri kaminuza Nkuru y'u Rwanda, hatoraguwe umurambo w'uruhinja rwajugunye mu bwiherero nyuma yo kuvuka!
USA, le geant du monde a pour le moment quarante quatre presidents qui se sont succedes au siege de white house dont Barrack OBAMA pour le moment au pouvoir! Ici vous pouvez suivre la liste de ces presidents:
Mu gihe igihugu cya Libiya gikomeje kuba mu ntambara hagenda hagaragara impinduka mu bintu byinshi binyuranye, by’umwihariko ubukungu bwarahazahariye bidasubirwaho gusa igikomeje kuvugwa ubu ni zahabu yari ibitswe n’iki gihugu igera kuri 20% bivugwa ko yagurishijwe na Kadhafi mu minsi ya nyuma ari ku butegetsi.
Kuri uyu wa mbere tariki ya 05/09/2011 i Kigali mu Rwanda urubanza rwa Victoire Ingabire, umukuru w'ishyaka FDU inkingi ritavuga rumwe n'ubutegetsi rwongeye gusubikwa nyuma yo kongera gusubukurwa.
Abantu bagera ku 3000 bashyigikiye impirimbanyi irwanya ruswa mu Buhinde, Anna Hazare, bateraniye hanze y'uburoko afungiyemo guhera ejo mu mujyi wa Delhi.
Abashyigikiye Anna Hazar
Anna Hazare ubusanze akabaYaranze gusohoka mu munyururu ngo kereka ubutegetsi bumuretse agakora imyigaragambyo yo kwiyicisha inzara nkuko yari yabiteganije.
Nyuma y'igihe barebana amaso y'ingwe, ubu noneho Perezida Museveni wa Uganda kuri uyu wa gatanu yatangiye uruzinduko rw’iminsi ine mu Rwanda aho azaganira na Mugenzi we Paul Kagame w’Urwanda mu rwego rwo gusuzuma amasezerano y’ubufatanye hagati y’ibihugu byombi nkuko yemejwe n’inama ihuriweho n’intumwa z’ibihugu byombi ejo ku mugoroba.
BUGESERA - The Minister of Health, Dr Agnes Binangwaho, yesterday, stressed that doctors should keep off administrative and financial issues at their respective medical facilities.
She stated that doctors’ responsibility should be patients’ health and not signing cheques or handling day-to-day management of hospitals.
Mu mudugudu wa Gahanda, akagali ka Rwesero mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza, umugabo witwa Sine Callixte aherutse gusambanya abana be b’abakobwa babiri.
Aba bana bombi umwe afite imyaka 17 akaba yigaga mu mwaka wa gatanu mu mashuri abanza. Undi we wari ufite imyaka 18.
Impanga z’abakobwa zavuzwe cyane mu bitangazamakuru zo mu Buhinde zamamaye kubera kuvuka zifatanye ari zo Saba na Farah Shakeel zirigusabirwa na se uzibyara gupfa kubera kubabazwa n’agahinda zimutera zitaka.Aba bakobwa ubu bujuje imyaka 15.
Ku myaka itatu gusa , uyu mwana wo mu Bushinwa afite ibiro bikubye abo bangana. Ikibazo cyibazwa ku babyeyi b’uyu mwana Lu Hao, ni uko bo badashoboye kugira icyo bakora kugira ngo uyu mwana ibiro bye bigabanuke.
The thirtieth June, 2011 in Nkotsi sector, the ministry of health presented by the permanent secretary, Dr Ndagijimana Ousiel presided over the meeting on hand washing for sanitation and cleaning environment where around two thousand population of Bikara cell were gathered.
Dr. Ouziel who first visited some of the population of Barizo zone homes said that even if they have taken a great step, there is a need to strengthen home sanitation in this districts especially Nkotsi sector, where population suffers from of poor sanitation disease.